U Rwanda rutegereje umwanzuro u Bubiligi buzafatira batatu bashinjwa uruhare muri Jenoside bafatiweyo #rwanda #RwOT

webrwanda
0
U Rwanda rutegereje kumva umwanzuro urukiko rwo mu Bubiligi ruzafata, nyuma y'ifatwa ry'abanyarwanda batatu bashinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bafatiwe muri icyo gihugu mu cyumweru gishize. Abo bafashwe ni Basabose Pierre, Twahirwa Séraphin na Ndangali Christophe.



Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/u-rwanda-rutegereje-umwanzuro-u-bubiligi-buzafatira-batatu-bashinjwa-uruhare

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)