Nubwo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, akunze kugaragara avuga amagambo atari meza kuri Afurika n'abayituye, hari bamwe bamukunda ndetse batifuza ko yatsindwa amatora azaba mu Ugushyingo, biganjemo abavugabutumwa bo muri Nigeria.
Post a Comment
0Comments