Abavugabutumwa bo muri Afurika bari gusengera Trump ngo azatsinde amatora #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Nubwo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, akunze kugaragara avuga amagambo atari meza kuri Afurika n'abayituye, hari bamwe bamukunda ndetse batifuza ko yatsindwa amatora azaba mu Ugushyingo, biganjemo abavugabutumwa bo muri Nigeria.



Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/bamwe-mu-bavugabutumwa-bo-muri-afurika-barasabira-trump-gutsinda-amatora

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)