Uburyo u Rwanda rutangiye gusarura ku mbuto z’ishoramari rwakoze mu ikoranabuhanga #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yigeze kugirana na RBA muri 2017, yagarutse ku buryo nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, leta yagerageje kureshya ikigo cya MTN Group kugira ngo gishore imari mu ikoranabuhanga ry’itumanaho ariko bikagorana, kuko iki kigo kitumvaga uburyo kizunguka mu gihugu cyari kitaragira umurongo ufatika, kikiva muri Jenoside kandi cyugarijwe n’ubukene bukabije.


source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/uburyo-u-rwanda-rutangiye-gusarura-ku-mbuto-z-ishoramari-rwakoze-mu
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)