Mu Rwanda hatangiye ikigo gifasha abacuruzi kurangura mu Bushinwa batiriwe bajyayo #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Mu gihe Isi yugarijwe n'icyorezo cya Coronavirus, ingendo zo mu kirere ni kimwe mu byahungabanye cyane, ku buryo abacuruzi hirya no hino bakoraga ingendo bajya kurangura bagize ibibazo bikomeye, birimo kubura uko barangura ibicuruzwa byabo ariko by'umwihariko, bakibwa umutungo wabo igihe bagerageje kwifashisha ikoranabuhanga kugira ngo bakomeze ubucuruzi bwabo.



Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/mu-rwanda-hatangiye-ikigo-gifasha-abacuruzi-kurangura-mu-bushinwa-batiriwe-139868

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)