Visi Perezida wa APR FC; Maj Gen Mubaraka Muganga yavuze ko Bukuru Christophe wahagaritswe muri iyi kipe kubera imyitwarire mibi atarafatirwa umwanzuro nubwo yasabye imbabazi ndetse akanazisabirwa n’umubyeyi we; Rwabarinda Omar uherutse kwitaba Imana.
source https://igihe.com/imikino/football/article/icyo-apr-fc-ivuga-ku-bihano-yafatiye-bukuru-ibyo-guhindura-umunyamabanga-mukuru