Ingabo z’u Rwanda (RDF) zimaze guhamya ibirindiro kubera ubunyamwuga n’ubudahangarwa zubatse mu myaka 26 ishize, ndetse uretse gushimwa kubera uko zibungabunga inkiko z’urwa Gasabo, no mu mahanga ni uko, zitabazwa aho amahoro yabuze. Ubu RDF ifite abasaga 6000 mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye.
source https://igihe.com/amakuru/article/ibintu-biziririzwa-mu-gisirikare-cy-u-rwanda