Byatunguye benshi ubwo ku wa 31 Kanama, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanaga Paul Rusesabagina wari umaze iminsi afatiwe mu Rwanda, akekwaho ibyaha 13 birimo n’iterabwoba.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/brig-gen-nzabamwita-yagarutse-ku-buryo-amahanga-yatunguwe-n-igikorwa-cyo-guta