Abadepite bagize Komisiyo y’Inteko Ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo n’imari by’igihugu, PAC, bagaragaje ko hari ibihombo leta imaze kugira bifitanye isano n’uruganda rwa Positivo ndetse ko bishobora kwiyongera, basaba inzego bireba kubikurikirana.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abadepite-bagaragaje-impungenge-ku-bihombo-uruganda-rwa-positivo-bgh-rurimo