Nitwa Jeannine Ndihokubwayo ndi umurundikazi mfite imyaka 29, ndashaka umusore w’umunyarwanda twakundana. Ntuye mu Burundi ariko niteguye kuza gutura mu Rwanda nkibanira n’uwantwaye umutima. Icyifuzo cyanjye n’uko uwo twakundana yakwemera ko dot ibera inaha noneho marriage ikazabera mu Rwanda. Narangije kwiga university kandi mfite akazi kuko nkorera papa muri business ye. Ababyeyi banjye ndabakunda cyane kandi ndabizi ko batazabikunda ko mbana n’umunyarwanda ariko njye ibitekerezo byanjye bireba kubindi sinjye ncira urubanza umuntu ngendeye kubintu idafatika. Kubwanjye abantu twese turi abavandimwe kuko ibyo duhuje nibyo byinshi cyane kurenza ibyo tudahuje. Hari impamvu nyinshi nkunda abanyarwanda nsetse hari impmavu nyinshi zituma nshaka kuba mu Rwanda ubishaka ansange inbox ndabimusobanurira byose. Ndabizi ko kuza mu Rwanda bitazoroha ariko niwo mwanzuro wanjye. Nizeyeko umuntu tuzakundana ibyo nabyo azabih agaciro. Niyo mpamvu nshaka umuntu utazantesa kandi akaba ari umuntu utazatuma mbaho nabi, agomba kuba afite ubushobozi kandi afite akazi keza atarengeje imyaka 40 kandi ari umuntu w’umunyabwenge ureba kure utagira ivangura iryariryo ryose. Yanyandikira inbox cyangwa akampamagara kuri +25768640007
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

source https://www.imbere.com/jeannine-ni-umurundikazi-arashaka-umusore-w-umunyarwanda-bakwinjirana-murukundo/