Nitwa Gatera Agasaro Jenny mfite imyaka 28 ntuye i Kigali nkaba nararangije kaminuza kuko nize hanze ubu mfite n’akazi. Mu myaka 10 ishize abasore bagiye bansaba urukundo sinabasha kubamenya umubare kubera ubwinshi bwabo. Abampamagara hamwe n’abanyandikira kuri Whatsapp na Facebook n’ahandi nabo ni benshi cyane ariko muri bose kugira ngo nzabonemo n’umwe wiyubaha, ufite ibitekerezo bizima, uvuga amagambo yabanje gutekerezaho ni imbonekarimwe. Kandi njye uwo niwe nshaka, abantu bahuragura ibigambo bipfuye ndetse biteye isoni, bapfa kuvuga ibyo batazi cyangwa ibyo babonye byose bagashyira comments no kubitabareba abongabo nta kintu nkivugana nabo. Abantu birirwa batukana ku mbuga nkoranyambaga bagatuka n’abo batazi, abantu mu magambo yabo hagaragaramo umujinya n’ubugome bw’indengakamere, kandi no kuri uru rubuga nagiye mbabonaho abo rwose simbakeneye muri bo ntihagire unyandikira. Ubu maze gukura imyaka y’ubwana narayirenze niyo mpamvu nshaka umuntu dukundana, ndashaka umuntu ufite ibitekerezo byagutse bizima kandi byubaka, umuntu uvuga amagambo yabanje gutekerezaho wa muntu uvuga ijambo rizima ukabona ko koko ari umuntu w’umugabo cyane. Nubwo yaba ari muto mu myaka ariko ari mukuru mu bitekerezo ntacyo bintwaye kuko ndabiziko abantu nkabo kubabona ni umugisha udasanzwe. Najye nimubona nzamufata neza nzamubera umwana mwiza kurugero atigeze akeka nzamubera byose kandi ntacyo azamburana.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
http://dlvr.it/Rb0CL7
Mfite imyaka 28 igihe cy’ubwana narakirenze ndashaka gukundana n’umuntu ukuze mu bitekerezo. #rwanda #RwOT
July 05, 2020
0
Tags
