Ukwezi kumwe n’iminsi itanu birashize Perezida Evariste Ndayishimiye arahiriye kuyobora u Burundi muri manda y’imyaka irindwi. Ni manda yatangiye mu buryo budasanzwe, kuko irahira rye ryigijwe imbere kubera urupfu rwa Pierre Nkurunziza yari asimbuye, n’ubu rukivugwaho byinshi.