Bwa mbere mu mateka mu buhinde hatowe umunyamategeko w’umunyafurika. #rwanda #RwOT

webrwanda
0

umurwanashyaka mu Buhinde abaye umuntu wa mbere wo mu bwoko buto bukomoka muri Afurika wabaye umunyamategeko muri iki gihugu.

Shantaram Siddi akomoka mu muryango wa Siddhi – bakomoka ku Banyafurika bagiye mu Buhinde nk’abacuruzi abandi bakagenda nk’abacakara kuva mu kinyejana cya 17.
Ubu Hasigaye abagera ku 50.000.

Shantaram Siddi yagizwe umukuru w’inteko muri leta ya Karnataka. Niwe kandi wa mbere urangije kaminuza mu gace atuyemo.

Yavuze ko azakomeza guharanira uburenganzira bw’imiryango y’Ubuhinde.

Avuga ku byishimo bye muri iri tangazo, Bwana Siddi yatangarije urubuga rw’Abahindu ati: “Natekerezaga ko umuntu ashobora kuba arimo gukina.”

The post Bwa mbere mu mateka mu buhinde hatowe umunyamategeko w’umunyafurika. appeared first on KASUKU MEDIA.



source https://kasukumedia.com/bwa-mbere-mu-mateka-mu-buhinde-hatowe-umunyamategeko-wumunyafurika/
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)