Amerika igiye guha u Rwanda imashini 100 zongerera umwuka abarwayi ba Coronavirus #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta yavuze ko Leta Zunze ubumwe za Amerika zigiye guha u Rwanda Imashini zigera ku 100 zitanga umwuka ku barwayi ba Coronavirus.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)