Amerika igiye guha u Rwanda imashini 100 zongerera umwuka abarwayi ba Coronavirus #rwanda #RwOT
Author -
personwebrwanda
July 26, 2020
0
share
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta yavuze ko Leta Zunze ubumwe za Amerika zigiye guha u Rwanda Imashini zigera ku 100 zitanga umwuka ku barwayi ba Coronavirus.