U Rwanda rwasabye Tanzania ibiganiro ku buryo bwo gupima abashoferi b’amakamyo

webrwanda
0
Guverinoma y’u Rwanda yasabye Tanzania ibiganiro ku buryo bwo gupima Coronavirus mu bashoferi b’amakamyo, nyuma y’uko ubwandu muri icyo cyiciro bukomeje kwiyongera kandi bakabaye bapimirwa mu gihugu batangiriramo urugendo.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)