Home featured U Rwanda rwasabye Tanzania ibiganiro ku buryo bwo gupima abashoferi b’amakamyo U Rwanda rwasabye Tanzania ibiganiro ku buryo bwo gupima abashoferi b’amakamyo Author - personwebrwanda June 20, 2020 0 share Guverinoma y’u Rwanda yasabye Tanzania ibiganiro ku buryo bwo gupima Coronavirus mu bashoferi b’amakamyo, nyuma y’uko ubwandu muri icyo cyiciro bukomeje kwiyongera kandi bakabaye bapimirwa mu gihugu batangiriramo urugendo. Tags featured Facebook Twitter Whatsapp Newer Older