Ikigo cy’Igihugu gishinzwe uburezi (REB) cyatangaje ko kigiye guha akazi abarimu bazigisha mu mashuri abanza n’ayisumbuye, aba bakazatangirana n’umwaka w’amashuri biteganyijwe ko uzatangira muri Nzeri 2020.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/leta-igiye-guha-akazi-abarimu-bashya-barenga-7200