
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko ikiguzi cyo guherekanya amafaranga hifashishijwe ikoranabuhanga cyari cyaravanyweho mu rwego rwo guca intege ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, kigiye gusubizwaho nyuma y’iminsi 90 yari yaratanzwe.
Source : igihe.com