Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge rwanzuye ko Ndimbati afungwa iminsi 30 y'agateganyo, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha akurikiranyweho birimo gusindisha umwana utarageza imyaka y'ubukure no kumusambanya.
The post Ndimbati yakatiwe gufungwa iminsi 30 y'agateganyo appeared first on FLASH RADIO&TV.