Nta kintu kibabaza nko gufata umukunzi wawe aguca inyuama, kuko ni kimwe mu bizamura kamere mbi ya muntu, nk'uko umugabo wo muri Nigeria, Etifa Obukulubu yafashe umukunzi we aryamanye na Pasiteri bose ahita abatwika kubera uburakari bukabije.
Post a Comment
0Comments