Uko Dr Sherti wafungiwe kuba icyitso yavuye mu gipadiri cyari cyuzuyemo ivangura #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Dr Epimaque Sherti yamaze imyaka 12 irenga ari Umusaserodoti, yahawe Ubupadiri ku wa 2 Kanama 1987 aza gufata icyemezo cyo kubuvamo tariki 30 Ugushyingo 1999, bitewe n'ivangura yahuraga naryo no gutereranwa n'abari abayobozi be.



Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/uko-dr-sherti-wafungiwe-kuba-icyitso-yafashe-umwanzuro-wo-kuva-mu-gipadiri

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)