Umucamanza yitambitse iteka rya Perezida Trump rikumira WeChat muri Amerika #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Umucamanza wo muri San Fransisco muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitambitse icyemezo cyari giherutse gufatwa na Perezida w’iki gihugu, Donald Trump, cyo guhagarika imbuga nkoranyambaga z’Abashanwa zirimo na WeChat avuga ko nta bimenyetso simusiga bigaragaza ko ziteye ikibazo ku mutekano w’igihugu.


source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/umucamanza-yitambitse-iteka-rya-perezida-trump-rikumira-wechat-muri-amerika
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)