Uko yabayeho muri covid arera abana bafite ubumuga bw'uruhu. #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Uzayisenga Olive ni umwe mu bakobwa bahuye n'itoteza ry'umugabo n'umuryango we kubera ko yabyaye abana bafite ubumuga bw'uruhu abenshi bita ''Nyamweru.'' Uzayisenga atuye mu mudugudu wa Nyabagobe mu kagari ka Nengo umurenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, yaganiriye Agasaro Magazine itotezwa yakorewe na Mandela Fabien wamuteye inda akamwihakana, umuryango avukamo n'uw'umugabo baramwanga kubera ko yabyaye abana bafite ubumuga bw'uruhu.
Afite imyaka 17 Uzayisenga yari mu mwaka wa kabiri mu mashuri (...)

- Ubuhamya



Source : http://agasaro.com/spip.php?article4339

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)