Dore ahantu 4 ushobora gukora ku mugore wawe cyangwa k' umukunzi wawe agahita aguha byihuse #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ubumenyi ngiro bwagiye bugaragaza kenshi ko abantu b'igitsinagore bose bari hagati y'imyaka 18 na 35 ngo urugingo rwabo rwose rw'umubiri wakoraho ruba rushobora gutuma bumva bifuje akabariro gusa hari ibice by'ingenzi bituma bafatwa vuba ari byo tugiye kubagezaho.

Nk'uko urubuga rwa Naij.com rubitanganza mu bushakashatsi rwakoze kuba bagore 30 bari hagati y'imyaka 18 na 35, bwerekanye ko urugingo rwose ubakozeho bahita bagira ubushake bwo gutera akabariro harimo ibi bikurikira:

_ Amabere

_Mu ntege

_Ku kibuno

_ Ku gitsina

Aho ho hakaba hihariye kuko byihutisha cyane ibyiyumviro bigatuma yumva ahise yifuza guhita atera akabariro.

Ubwo bushakashatsi bwakorwaga ngo barabafashe babaryamisha ahantu ubundi babapfuka ku maso maze ubushakashatsi bukorerwa ku bice bitandukanye by'umubiri.

Byagaragaye kandi ko imiterere n'ubworohe bw'umubiri w'abakobwa n'abagore bukururwa cyane no gukorwaho n'umubiri w'umugabo kurusha abo abagore bagenzi babo babaguyaguya kuko ngo abagiye bakorwaho n'abagore bitorohaga ko yumva ibyiyumviro bizamutse.

Niba rero w'ifuza gutegura umugore wawe uzajye wibanda ku bice twavuze haruguru ube ari byo ukoraho cyane gusa unamenye ko n'ikindi gice cyose wakoraho gishobora gutuma ashaka gutera akabariro.



Source : https://impanuro.rw/2020/09/18/dore-ahantu-4-ushobora-gukora-ku-mugore-wawe-cyangwa-k-umukunzi-wawe-agahita-aguha-byihuse/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)