Uwahoze ari intumwa ya Papa mu Bufaransa agiye kuburanishwa ku byaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina #rwanda #RwOT
Author -
personwebrwanda
July 24, 2020
0
share
Luigi Ventura wahoze ari intumwa ya Papa mu Bufaransa mu Ugushyingo uyu mwaka azaburanishwa n’urukiko rw’i Paris ku byaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina.