Buri mwaka mu gihe u Rwanda ruba rwizihiza umunsi wo Kwibohora, Ingabo z’u Rwanda zishyira mu bikorwa imishinga itandukanye muri gahunda yazo yo kwegera abaturage, zigakora imirimo itanga umusanzu mu iterambere n’imibereho myiza.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/uko-rdf-yatumye-leta-izigama-miliyari-hafi-9-frw-mu-mishinga-yahinduye