U Rwanda rwahombye miliyari 76 Frw nyuma y’inama 70 zasubitswe kubera COVID-19 #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Leta y’u Rwanda yahombye agera kuri miliyoni 80 z’amadolari ya Leta Zunze za Amerika, akabakaba miliyari 76 mu mafaranga y’u Rwanda bitewe n’inama 70 zagombaga kubera mu gihugu zasubitswe kubera ingamba zo kwirinda COVID-19.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)