Byatangiye Kanye West avuga ko agiye kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe bamwe bati ni ukubeshya uyu asanganywe uburwayi bwo mu mutwe ari kwishakira ko izina rye rivugwa kurushaho none bigeze n’aho umuryango we uhamya ko afite ibibazo koko.
0Comments