Nitwa Gentille ndashaka umukunzi ufite urukundo rwinshi kandi rw’ukuri. #rwanda #RwOT

webrwanda
1 minute read
1

Nitwa Umutoni Gentille mfite imtaka 24 ntuye Kimisagara ndashaka umukunzi ufite gahunda atari babandi baba bakinisha umuntu, umusore wakwemera ko dukundana akankunda njyenyine ntazigere antendeka kuko nanjye sinzamutendeka. Umusore w’inzobe ufite hagati y’imyaka 20 na 30 uburebure butari munsi ya 170 cm bikaba byaba byiza abaye afite akazi, gusa ukiri umunyeshuri we ntacyo twavugana. Niba ahari anyandikire inbox.

Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.



source https://www.imbere.com/nitwa-gentille-ndashaka-umukunzi-ufite-urukundo-rwinshi-kandi-rwukuri/
Tags

Post a Comment

1Comments

  1. Muraho abahano ?

    Nje hano ngo ngerageze amahirwe nabandi, nanjye ndi Umumama wimyaka 45ans ndashaka umugabo ukuze guhera kuri 45 kuzamura ushaka gusaza arikumwe numukunzi.

    Agomba Kuba ari umunyarwanda ari umukristo asenga afite akazi afite uko asanzwe abayeho mbese Agomba Kuba afite ubuzima akora nanjye ndakora nkorera mugihugu cya Uganda ???????? ndashaka uwo duhuza imibereho yugatera imbere niba wumva ufite gahunda udakina nyandikira kuri whatsapp 0728291667

    Niba ukina ntunyandikire ndashaka serious man

    ReplyDelete
Post a Comment
Today | 13, August 2025