Amerika yahagaritse gutanga viza ku Barundi #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Leta zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo cyo guhagarika gutanga viza ku Barundi bose keretse izihabwa abadipolomate n'abakozi bakorera imiryango mpuzamahanga, bazajya bazihabwa ari uko babanje kwerekana ko bagiye mu kazi.


source https://igihe.com/amakuru/muri-afurika/article/amerika-yahagaritse-gutanga-viza-ku-barundi
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)