
Umupira Chritian yakaze ukavamo igitego cya APR FCÂ
Victor Mbaoma yahise aterekamo umutwe ntagutinzaÂ
uruhande rw'ibumoso bwa APR FC, niho hari kuva imipira iri gutesha umutwe Bugesera FC
Buesera FC yagiwe na nimero kabiri wayo Isingizwe Rodrigue ubona ko yananiwe gufata Ishimwe Christian kandi imipira yose iri kubateza ibibazo ariho ituruka.
29" APR FC nanone ihushije igitego, ku mupira ukaswe na Ishimwe Christian, ariko Mbaoma ateretseho umutwe, asanga umupira urahavuye.
27" Amakipe yombi ari gukinira mu kibuga hagati, gusa Bugesera nayo ikanyuzamo igasatira izamu.

17" Igitego cya APR FC. N'ubundi kubutumwa yari amaze kubaha mukanya, Victor Mbaoma atsinze igitego cya mbere cya APR FC ku mupira ateye n'umutwe uturutse kwa Ishimwe Christian umunyezamu ntiyamenya aho unyuze.
15" APR FC itsinze igitego umusifuzi avuga ko habayeho kurarira kuri Victor Mbaoma
Mu mikino 17 ya shampiyona imaze guhuza aya makipe, APR FC yatsinzemo imikino 13 itsinda ibiri, banganya ibiri. Bugesera FC iheruka gutsinda APR FC ibitego 2-1 tariki 7 Ukwakira 2022.
2017 nabwo APR FC yatsinzwe na Bugesera FC ibitego 2-1 akaba arizo nshuro zonyine Bugesera FC yatsinze APR FC muri shampiyona.
Nzira kuva yagera muri APR FC ntabwo ava mu izamu
Ani umukinnyi wa Bugesera FC wo kwitega muri uyu mukino
Umutoza Nshimiyimana Eric wa Bugesera FC yahisemo gukoresha:
Habarurema Gahungu
Mukengele Christian
Muhoza Tresor
Isingizwe Rodrigue
Stephen Bonny
Kaneza Augustin
Dukundane Pacifique
Gakwaya Leonard
Vincent Adams Koffi
Tuyihimbaze Gilbert
Ani Elijah
04" Bugese FC ihushije igitego cyari cyabazwe, ku mupira Gakwaya asigaranye n'umunyezamu wa APR FC ariko umupira awutera hanze
Abakinnyi 11 umutoza Thierry wa APR FC yabanje mu kibuga
Pavelh Nzira
Omborenga Fitina
Ishimwe Christian
Nshimiyimana Yunussu
Niyigena Clement
Taddeo Luanga
Niyibizi Ramadhan
Ruboneka Bosco
Alain Kwitonda Bacca
Mugisha Gilbert
Victor Mboama
18:00" Umukino uratangiye
17:56" Amakipe yombi agarutse mu kibuga, umukino ukaba ubura iminota micye ngo utabgire
15:50" Abakinnyi b'abasimbura bagarutse mu kibuga
Kuri uyu wa Kabiri tariki 10 Ukwakira, shampiyona y'icyiciro cya mbere mu mupira w'amaguru yakomeje hakinwa imikino igera kuri 4.
Iyi mikino igiye gusorezwa n'umukino uhuza APR FC yakiriye Bugesera FC ikomoka mu Burasirazuba bw'u Rwanda.
APR FC igiye kumanuka mu kibuga nyuma yo gutsinda ikirarane yatsinzemo Musanze FC ibitego 2-1.
Source : https://inyarwanda.com/inkuru/135267/live-apr-fc-yakiriye-bugesera-fc-ishaka-kwihimura-135267.html