
Ikipe ya Rayon Sport abafana bayo bayirakariye ku rwego rwohejuru kubera umusaruro mike ikomeje kubereka.
Ibi bibaye nyuma y'imikino ya gicuti yarimaze iminsi iri gukina harimo uwo yakinnyemo na VITALO FC yo muri Kenya ndetse na Gorilla FC yo mu Rwanda zombi ikaba yarazinganyije.

Â