Nyarugenge: Peace and Grace Motel yafunzwe n' ubuyobozi nyuma yo gufatiramo abasinzi barimo gusabana #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Nzeri 2020, Peace and Grace Motel, ku Muhima imaze gufungwa na nyirayo arahanwa kubwo kurenga kumabwiriza yo Kwirinda COVID19.

Ubwo n'ubutumwa buri kuri twitter y'akarere ka Nyarugenge, aho bugira buti:'Turashima abamaze kumva ko hacyenewe uruhare rwa buri wese mu kurwanya iki cyorezo bagatanga amakuru ,ba ntibindeba nkaba bagahanwa'.

N'ubutumwa akarere katanze gashimira abaturage batanze amakuru iyi hotel igafatirwamo abasinzi bari kunywa begeranye nyuma basinda bakanasabana, mu gihe amabwiriza yemejwe n'inama y'abaminisitiri nuko Resitora na Hotel zikora nk'utubari zizakomeza gufunga. 

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)