Umuhungu n‘umukobwa bakoreye ibishitani muri piscine abantu bose barumirwa. #rwanda #RwOT

webrwanda
0
By Umulisa Fillette
Mu Rwanda mu gihe ibikorwa by’imyidagaduro byahagaritswe kubera Coronavirus, mu bihugu by’abaturanyi bo imyidagaduro irakomeje. Burundi na Tanzaniya ni bimwe mu bihugu bitigeze bifata ingamba zikarishye zo guhangana na Coronavirus. Igitangaje cyane n’uko muri ibyo bihugu abantu bakomeje kugaragara bishimisha nk’aho ari imperuka, bakishimisha bivuye inyuma nk’aho ari ubwa nyuma ndetse bagakora n’ibidakorwa. Umusore n’umukobwa bagaragaye muri Piscine basambana maze abandi bantu babarebaga barumirwa. Mu gihe abo bombi bari baryohewe nta kintu bitayeho, undi musore n’umukobwa bakomeje kubitegereza birangira nabo biyemeje kwinjira muri icyo gikorwa kigayitse nabo batangira gusambana. Ubu abantu bakomeje kwibaza niba tuzongera kubaho nka mbere, kuko usanga mu bihugu byashegejwe na Coronavirus ubuzima bwarahindutse cyane ndetse n’ibihugu bisa nk’aho Coronavirus itahungabanyije nabyo ubuzima bwarahindutse k’uburyo imibereho y’abantu mu minsi iri imbere iteye amatsiko.

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)