Nitwa Mujawimana Yvonne mfite imyaka 39 n’abana 3, umugabo ntawe mfite uwo twabanaga yarantaye ajya kwishakira undi mugore. Kuba yarantaye nta ruhare nabigizemo cyangwa wenda birashoboka ko narugizemo, ariko uruhare rwanjye ni agatonyanga mu nyanja ugereranyije nibyo yankoze. Twabanye atankunda ahubwo yari ankurikiranyeho imitungo nasigiwe n’ababyeyi. Njye naramukundaga n’umutima wanjye wose, numvaga ari we juru ryanjye, namukundaga kuruta ibibaho byose, urukundo namukundaga nararumwerekaga ndetse nkanarumubwira. Numvaga nahitamo gupfa aho kumureka, ariko we yamfataga nk’agacucu ibyo byose ntagaciro yabihaga. Aho nagejeje mwereka urukundo niho yagejeje anyereka urwango, kuko ubwo nari maze kumwandiikaho myinshi mu mitungo nari mfite nibwo yahise anta ajya kwishakira undi. Ubu rero nanjye ndumva nshaka kwinjira m’urukundo nkarwinjiranamo n’umuntu unkunda by’ukuri ntakindi ankurikiyeho. Ndashaka umusore twakundana, umusore uzi urukundo, gutetesha no gutanga care, nzamutetesha nzamufata neza nzamuha buri kimwe nta kintu azamburana. Ubishaka anyandikire inbox.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
source https://www.imbere.com/mujawimana-yvonne-yatandukanye-numugabo-we-none-arashaka-umuhungu-bakundana/
