Umuhanzi Nyarwanda Uzwi nka Chris Hat yasohoye Indirimbo Nshya ( Tsalala) #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Chris Hat

Umuhanzi Nyarwanda Uzwi nka Chris Hat yasohoye Indirimbo Nshya yitwa ( Tsalala) Ariko ikaba iri muburyo bushya butamenyerewe hano mu Rwanda, Akaba ari uburyo buzwi nka Acoustis Version.Ubu buryo bivugwako ari uburyo busabako umuhanzi aba ari umuhanga kuko bisabako akoresha Umwimerere wijwirye kuko ntabindi bicurangisho bya musika bibabirimo gucuranga usibye Guitar gusa.

Umuhanzi Hategekimana Suleiman wamamaye nka Chris Hat ni umuhanzi watangiye umuziki ubwo yafashwaga na Decent Entertainment ya Muyoboke Alexis ariko nyuma baza guhagarika imikoranire ari na byo byatumye uyu muhanzi atongera kugaragara mu ruhando rwa muzika.

Uyu musore ntago yacitse intege kuko yakomeje gukora umusiki aza nokumenyekana mu ndirimbo zirimo Niko Yaje, Burundu, Amahirwe, Diva, My Baby ndetse n'iyitwa MOTEMA yaherukaga gushyira hanze vuba aha, ariko none ubu akaba yashyize hanze indirimbo Nshya Yitwa Tsalala (Acoustic Version) Ubu ikaba iri kuri Chanel ye ya Youtube wayishaka ukayireba :

https://youtu.be/fZ28l0TcPTQ?si=MCRKxKf91dFQ0RSv



Source : https://kasukumedia.com/umuhanzi-nyarwanda-uzwi-nka-chris-hat-yasohoye-indirimbo-nshya-tsalala/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)