Ku myaka ye mike cyane Element agiye gutera ikirenge mucya The Ben - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ku myaka ye mike cyane Element agiye gutera ikirenge mucya The Ben.

Umutunganya miziki ndetse akaba n'umuhanzi Mugisha Robinson wamamaye cyane nka Element agiye gutaramira abanya Uganda mu gitaramo cya Best of Kampala.

Uyu musore agiye gutaramira abazitabira iki gitaramo nyuma y'uko mukuru we The Ben yari yataramiye abacyitabiriye muri 2022 ubwo yasohoraga indirimbo yise 'Why' yari yakoranye na Diamond Platunmz na 'This is Love' yakoranye na Rema Namakula.

 



Source : https://yegob.rw/ku-myaka-ye-mike-cyane-element-agiye-gutera-ikirenge-mucya-the-ben/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)