Umukobwa w'i Kigali afashe umukunzi we bendaga gukora ubukwe aryamanye n'undi mukobwa - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukobwa w' I Kigali yanditse asaba inama zihutirwa nyuma yo gufatira mu cyuho umukunzi we aryamanye n'undi mukobwa gusa bikaba byamugoye gufata icyemezo dore ko biteguraga gukora ubukwe mu kwezi gutaha kwa Mutarama 2023.

Uyu mukobwa avuga ko , nyuma yo gusanga umukunzi we amuca inyuma yamusabye imbabazi ariko akaba yumva bigoye kumubabarira.

Yagize ati:'Muraho,ndi umukobwa w'imyaka 21 nkaba maranye igihe nkundana n'umutipe ariko ikibazo mfite ni uko mu kanya hashize mufatanye n'undi mukobwa w'inshuti yanjye magara baryamanye kandi ikibazo ni uko atari ubwambere,arimo kunsaba imbabazi ariko njye sinzi…none ndikwibaza,ko twari dufite ubukwe mu kwezi kwa mbere ,gahunda tuyikomeze ko twasuye imiryango yacu yose babizi?ndababaye pee.'

Mugire inama utwandikira muri comment.

 

 



Source : https://yegob.rw/umukobwa-wi-kigali-afashe-umukunzi-we-bendaga-gukora-ubukwe-aryamanye-nundi-mukobwa/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)