Safari wanize DASSO yaburanye avuga ko yirwanagaho asabirwa gufungwa iminsi 30 #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Safari George umaze iminsi yaramamaye kubera ariya mashusho amugaragaza yanigiye hasi umukozi wa DASSO hafi kumuheza umwuka, nubwo hari amakuru yigeze kuvugwa ko yarekuwe ariko si ko bimeze ahubwo acumbikiwe kuri station y'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha ya Nyagatare.

Ubushinjacyaha bwamaze gushyikirizwa dosiye ikubiyemo ikirego cye aho aregwa ibyaha bibiri ari byo ; gukubita ndetse no kubangamira inzego za Leta.

Uyu munsi bwamugejeje imbere y'Inteko y'Urukiko rwa Nyagatare busobanura ikirego cyabwo aho bwagaragaje impamvu zikomeye zituma bwifuza ko uriya mworozi yafungwa by'agateganyo iminsi 30.

UKWEZI.RW



Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/Safari-wanize-DASSO-yaburanye-avuga-ko-yirwanagaho-asabirwa-gufungwa-iminsi-30

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)