Umwavoka wa Kabuga yasabye ko yoherezwa i La Haye aho kuba Arusha #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Umwavoka wa Felicien Kabuga yandikiye Perezida w'Urwego Rwasigariye Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, IRMCT, Umucamanza Carmel Agius, amusaba ko uwo yunganira ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yaburanira i La Haye mu Buholandi, aho kuba i Arusha muri Tanzania nk'uko inyandiko yasabaga ko afatwa ibiteganya.



Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/umwavoka-wa-kabuga-yasabye-ko-yoherezwa-kuburanira-i-la-haye-aho-kuba-arusha

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)