Imyaka ikomeje kwisukirana Abanyamulenge muri RDC bakorerwa ubwicanyi ndengakamere, ndetse ababikurikiranira hafi babyita Jenoside, ariko ntiyitwa yo byeruye kuko hatagaragara uruhare rutaziguye rwa leta mu mahano arimo kuba.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ni-irihe-herezo-ry-urukurikirane-rw-ubwicanyi-budasiba-bukorerwa-abanyamulenge