Umugabo twabanaga namufashe ari gusambana n’umupangayi duhita dutandukana none ndashaka umukunzi. #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nitwa Niyitegeka Yvette mfite imyaka 30 mfite n’abana babiri umukobwa n’umuhungu umwe afite imyaka 4 undi 5. Umugabo twababyaranye twarabanaga, twari twibaniye neza nta kibazo dufitanye. Tukibana twabagaho ubuzima bwa gikene ariko nyuma byaje guhinduka tuza kubona ubushobozi tugura igipangu kinini kirimo amazu menshi aba aricyo duturamo. Bitewe n’uko abasore bagira akavuyo kenshi umugabo wanjye yahisemo ko muri icyo gipangu hagomba kuzajya habamo abakobwa gusa kuko ari bo bitonda. Naho yavugaga gutyo afite ubwoba ko mu gipangu cyacu hashobora guturamo abasore bakajya bantereta, ahubwp ahitamo ko habamo abakobwa kugira ngo ajye abatereta. Niko byaje kugenda rero kuko igihe kimwe naje kumufata ari gusambana n’umwe mu bakobwa babaga muri icyo gipangu mpita mbona ko atari ubwa mbere abikora ahubwo ko ari ngeso amaranye igihe. Nahise mpitamo kumusezera turatandukana igipangu tugishyira ku isoko turakigurisha amafaranga turayagabana umwe aca ukwe n’undi aca ukwe. Ubu rero ndashaka umuntu twakundana kuko ubuzima bwo kwibana simbushaka ndashaka umugabo twakubakana urugo rugakomera. Habaye hari umuntu ufite gahunda yo kubaka yanyandikira inbox tukabipanga.

Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

The post Umugabo twabanaga namufashe ari gusambana n’umupangayi duhita dutandukana none ndashaka umukunzi. first appeared on UMWUNGERI.RW.



source https://www.umwungeri.rw/umugabo-twabanaga-namufashe-ari-gusambana-numupangayi-duhita-dutandukana-none-ndashaka-umukunzi/
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)