Olivia Morcom biri kuvugwa ko ari we mukunzi mushya wa Ish Kevin, akaba akunze kugaragara cyane mu bitaramo bitandukanye. Akunda kugaragara ari kumwe na Ish Kevin mu bihe bitandukanye.
Uyu mukobwa bivugwa ko akomoka mu gihugu cy'u Bwongereza ndetse akaba ari ho atuye, ariko rimwe na rimwe akunze kuza mu Rwanda ndetse benshi bahamya ko ahakunda cyane.
Nubwo Ish Kevin ataragira icyo atangaza kuri uyu mukobwa, gusa akunda kumushyira kuri Story ye ya Instagram. Uyu mukobwa nawe akunda kubyerekana ahantu hatandukanye ndetse hari n'aho yamusangije abantu.

Olivie asanzwe akina imikino ngororamubiri
Rimwe na rimwe aba bombi bakunze gutamazwa n'amarangamutima, bakerekana ibihe byiza bakunda kugirana birimo nk'ibyo bagiriye mu Karere ka Rubavu mu kiyaga cya Kivu n'ibindi bihe bidasanzwe byo gusohoka.
Iyo usuye urubuga rwa Instagram rw'uyu mukobwa, uhasanga ibihe byiza agirira mu myidagaduro birimo gushyigikira cyane Ish Kevin no kwamamaza imyenda y'imbere acuruza.

Olivia ni umwe mu banyamideli bakiri bato
Si kenshi abahanzi bakunzwe bakunze kugaragaza abakunzi babo, gusa rimwe na rimwe mu bihe bitandukanye biranga bikamenyekana bitewe n'uko n'ubundi baba bafite abantu benshi babakurikira.
Aha Ish Kevin ari gukubita imirongo mu ndirimbo yitwa "Twari Broke"

Olivia akenshi aba ari i Kigali
Â

Olivia akunze kuberwa n'amafoto

Akunda kwamamaza imyenda y'imbere

Aha ni muri Rwanda Basketbal League mu gitaramo Ish Kevin yaririmbyemo


Aha yari ku kibuye

Ku mazi y'i Gisenyi

Aha yari mu gitaramo cya Rap City


Aha ari kumwe n'inshuti ze zirimo umukunzi wa Logan Joe

Arambara akaberwa

Imikino ngororamubiri ni yo mikino ye

Avuka mu Bwongereza

Asigaye afite inshuti zitandukanye

Aragororotse bishoboka

Yatwaye imidali itandukanye